Mukansanga Salma yongeye gukora amateka mu gikombe cy’isi cy’abagabo
Umusifuzi w’umunyarwandakazi, Mukansanga Salima yanditse amateka kugeza ubu yo gusifura igikombe cy’Isi cy’abagabo ari umugore aho kuri uyu wa Kabiri arasifura umukino we wambere. Mukansanga Salima akaba yashyizwe mu itsinda ry’abasifuzi baza gusifura umukino wo mu itsinda rya Kane (D) uza guhuza u Bufaransa na Australia ku isaha ya saa 21h. Salima araba ari umusifuzi wa kane mu gihe umusifuzi wa mbere Victor Gomes kimwe n’umusifuzi wa mbere w’igitambaro bakomoka […]
Post comments (0)