Abajyanama mu bya gisirikare muri za Ambasade bigenzuriye aharasiwe umusirikare wa RDC
Abajyanama mu bya gisirikare bo muri ambasade z’ibihugu byabo mu Rwanda, Defences Attachés (DA) bagiye kwirebera uko ibintu byagenze umusirikare wa DRC akarasirwa mu karere ka Rubavu ku mupaka uhuza iki gihugu n’u Rwanda, ‘Petite Barrière’. Uyu musirikare yarashwe ubwo yambukaga w'u Rwanda mu buryo butemewe n'amategeko maze arasa ku ngabo z'u Rwanda zari ku burinzi izamu mu murenge wa Mbugangari. Ibi byabaye kuwa gatandatu, tariki 19 Ugushyingo 2022, ahagana […]
Post comments (0)