Umujyi wa Kigali wiyemeje kuba hafi abavuye Iwawa
Ubuyobozi bw’umujyi wa kigali butangaza ko bugiye gukurikirana ibibazo by’urubyiruko rugororerwa ku kirwa cya Iwawa hirindwa ko hari uwagorowe wakongera kwisanga mu bikorwa bituma asubira yo. Urujeni Martine, umuyobozi w’umujyi wa Kigali wungirije aganira n’urubyiruko ruri Iwawa Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bubitangaje mu gihe urubyiruko rwavuye mu mujyi wa Kigali 1179 rugororerwa Iwawa ruvuga ko iyo rutashye rutitabwaho. Umuyobozi w’umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Urujeni Martine yasuye […]
Post comments (0)