Imihindagurikire y’ibihe ni ikibazo gikomeye ku iterambere rya Afurika – Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yatangaje ko ihindagurika ry’ibihe rigira ingaruka kuri Afurika ariko ko ibyo bidakwiye kuyica intege. Yabitangaje tariki 8 Ukuboza 2022, aho yitabiriye ihuriro ryitwa ’Kusi Ideas Festival’. Perezida Paul Kagame Ni ihuriro riri kwiga uburyo Afurika ikwiye gukoresha ihangana mu ihindagurika ry’ibihe, ihuriro ryateguwe n’ikigo cy’Abanyakenya (Nation Media Group). Perezida Kagame ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye iri ihuriro akoresheje ikoranabuhanga, yashimangiye ko n’ubwo ihindagarika ry’ibihe rigira ingaruka kuri […]
Post comments (0)