Polisi y’u Rwanda yijeje umutekano usesuye abitabira imurikagurisha mpuzamahanga ryiswe Kigali Shopping Festival Expo, ririmo kubera i Gikondo kuva ku wa Kane tariki ya 8 rikazasozwa ku ya 26 Ukuboza.
Iri murikagurisha ribaye ku nshuro ya mbere, ryateguwe n’ Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda ryitabirwa n’ibigo bitandukanye by’ubucuruzi bigera kuri 450 byo mu bihugu 11 ku mugabane w’Afurika no hanze ya wo.
Yatanze icyizere ko nk’uko amamurikagurisha yabanjirije iri yagiye aba mu mutekano usesuye ko no kuri iyi nshuro bizagenda neza ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bose ndetse n’abaturage muri rusange, binyuze mu guhana amakuru.
Ikiyaga cya Victoria kiri mu karere u Rwanda ruherereyemo n’ubwo rutagikoraho, gusa iyo cyanduye cyangwa cyahumanyijwe n’imyanda ituruka mu bihugu bitandukanye, bigira ingaruka ku Rwanda, cyane ko hari n’imyanda iruturukamo ikaruhukira muri icyo kiyaga, nk’uko impuguke zibisobanura. Ikiyaga cya Victoria gifitiye akamaro abantu benshi, ni ngombwa ko kibungabungwa (Foto LVB IWRMP) Ubusanzwe ibihugu bya Uganda, Kenya na Tanzaniya ni byo bikora ku kiyaga cya Victoria, ariko u Rwanda narwo ruri […]
Post comments (0)