U Burusiya bwarashe ibisasu bya misile birenga 70 ku butaka bwa Ukraine
U Burusiya bwarashe ibisasu bya misile birenga 70 ku butaka bwa Ukraine mu gitondo cyo kuwa gatanu. Ni kimwe mu bitero bikomeye cyane u Burusiya bugabye muri Ukraine kuva butangiye intambara muri icyo gihugu. Ibyo bitero byatumye amashanyarazi abura mu gihugu cyose nk’uko byatangajwe n’abayobozi ba Ukraine. Ndetse abantu 2 bahasize ubuzima ubwo igisasu cyaraswaga kuri imwe mu igorofa ituwemo rwagati mu mujyi wa Kryvyi Rih, ni mu gihe undi […]
Post comments (0)