Kanseri y’inkondo y’umura yihariye 13.7% by’impfu z’iyo ndwara – MINISANTE
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) ivuga ko abarwayi ba kanseri y’inkondo y’umura, bangana na 12.6% naho 13.7% bakaba bahitanwa nayo ugereranyije n’ubundi bwoko bwa kanseri bunyuranye. Abagore 1,500,000 nibo bakeneye gusuzumwa kanseri y’inkondo y’umura mu Gihugu cyose. Mu Rwanda kanseri y’inkondo y’umura igize 12.6% bya kanseri zose, ikaniharira 13.7% by’impfu zose ziterwa na kanseri z’ubwoko bunyuranye. Abari mu nama mpuzamahanga ya kabiri yita ku buzima rusange muri Afurika, bavuga ko kanseri y’inkondo […]