U Rwanda rurifuza ko Tanzania ijya muri gahunda ya Visa Imwe y’Ubukerarugendo muri EAC
Intumwa y’u Rwanda muri Tanzania, Major General Charles Karamba, ku wa Kabiri tariki 24 Mutarama 2023, yagiranye ibiganiro na Minisitiri wa Tanzania ushinzwe Umutungo Kamere n’Ubukerarugendo, Pindi Hazara Chana, baganira ku kamaro ka Visa imwe rukumbi ku bashaka gukora ubukerarugendo muri Afurika y’Iburasirazuba (East Africa Single Tourist Visa). Minisitiri Pindi Hazara Chana na Amb Maj Gen Charles Karamba Visa Imwe y’Ubukerarugendo mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba, ni gahunda igamije korohereza […]
Post comments (0)