Minisitiri Biruta yashyikirije Perezida Sassou-N’Guesso ubutumwa bwa mugenzi we Paul Kagame
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, ku wa Gatatu tariki 25 Mutarama 2023, yagiriye uruzinduko muri Congo-Brazzaville, aho yashyikirije Perezida Denis Sassou-N’Guesso, ubutumwa bwa mugenzi we, Perezida Paul Kagame. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu wa Congo-Brazzaville, byatangaje ko Dr Biruta yashyikirije Perezida Sassou-N’Guesso ubwo butumwa mu biganiro bagiranye, byabereye mu rugo rwa Perezida wa Congo mu murwa mukuru Brazzaville. Gusa ibikubiye muri ubwo butumwa Perezida Kagame yoherereje mugenzi we Denis […]
Post comments (0)