Icyaha nikibahama bazahanishwa igihano cy’igifungo cya burundu, hashingiwe ku Ngingo ya 107 y’itegeko no Nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange.
Umuryango w'abibumbye, ONU watangaje ko ukeneye inkunga ya miliyari 2.6 z’amadolari muri uyu mwaka, yo gufasha abaturage ba Somaliya bagera kuri miliyoni 7.6 bazahajwe n'inzara. Loni ivuga ko aba baturage bugarijwe n'inzara n’amapfa byatewe n’intambara, izamuka ry’ibiciro by'ibiribwa hamwe ndetse n'izuba ryacanye ari ryinshi. Adam Abdelmoula ahagarariye ishami rya Loni rishinzwe imfashanyo yavuze ko kuva mu Mata kugera muri Kamena iki gihugu gishobora kuzibasirwa n'amapfa mu gihe imvura itagwa. Somaliya […]
Post comments (0)