Izamuka ry’inyungu fatizo ya BNR rirateza igihombo abacuruzi n’amabanki – ADECOR
Ishyirahamwe rishinzwe kurengera inyungu z’Umuguzi (ADECOR), rivuga ko kuba Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yarazamuye inyungu fatizo kugera kuri 7%, bishobora guteza ibihombo abacuruzi n’amabanki. Damien Ndizeye uyobora ADECOR Umuyobozi wa ADECOR, Damien Ndizeye, yabwiye Televiziyo y’u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 20 Gashyantare 2023, ko hakwiye gufatwa ingamba zizakurikira icyo cyemezo. Mu cyumweru gishize BNR yatangaje ko impamvu izamuye inyungu fatizo kuva kuri 6,5% kugera kuri 7%, ari […]
Post comments (0)