NIRDA yiteguye gufatanya n’uwashaka umusemburo w’inzoga y’ibitoki
Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe ubushakashakashatsi ku iterambere ry’inganda mu Rwanda (NIRDA), buratangaza ko umusemburo w’inzoga z’ibitoki (Urwagwa), wari umaze igihe ukorwaho ubushakashatsi wamaze gutegurwa ku buryo uwawifuza yagana icyo kigo bakumvikana uko yawubona. Ni umusemburo wakozwe hagamijwe gukumira ko Abanyarwanda bakomeza kunywa inzoga z’ibitoki zidatunganyije neza, kuko ubusanzwe mu gusembura inzoga hifashishwa amasaka ku bengera mu ngo zabo, naho inganda zisanzwe zikaba zikoresha imisembura iva hanze. Umwe mu bakoze ubushakashatsi ku […]
Post comments (0)