Nta muntu n’umwe ufite ibikenewe byose byamugeza ku ntsinzi wenyine – Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame ubwo yari mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga muri Guinea-Conakry, rugamije gushimangira umubano yagaragaje ko hakenewe ubufatanye hagati y’ibihugu kuko nta muntu n’umwe ufite ibikenewe byose byamufasha kugera ku ntsinzi wenyine. Perezida Kagame Perezida Kagame yageze muri Guinea-Conakry ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 17 Mata, akubutse muri Benin na Guinea-Bissau mu ruzinduko rugamije gutsura umubano w’u Rwanda n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Afurika. Tariki 18 Mata 2023, […]
Post comments (0)