Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko inkingo zigira uruhare mu iterambere ry’imibereho myiza
Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame avuga ko inkingo ziteza imbere ubuzima bw’abana kandi zikagira uruhare mu kuzamura ubukungu n’imibereho myiza y’abaturage. Ibi yabivuze mu gihe isi iri mu cyumweru cyahariwe kuzirikana ku kamaro k’inkingo. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame yagaragaje ko inkingo uretse kuba zigira uruhare mu buzima bw'abana zinagira uruhare mu guteza imbere ubukungu nimibereho myiza. Yagize ati "Ishoramari […]
Post comments (0)