Nyagatare: Bashyikirijwe ikiraro, basaba no gukorerwa umuhanda
Abaturage b’Umudugudu wa Kabare ya mbere, Akagari ka Kabare Umurenge wa Rwempasha, bishimiye kwakira ikiraro cyo mu Kirere bubakiwe, kibafasha kugera ku biro by’Umurenge batabanje kuzenguruka, ariko nanone bifuza ko bakorerwa umuhanda uvuye kuri icyo kiraro ukabahuza n’Akagari ka Cyenjojo. Bahamya ko iki kiraro kigiye kuhorohereza ingendo Babivuze ku wa Gatanu tariki ya 28 Mata 2023, ubwo bashyikirizwaga ikiraro cyo mu kirere kibahuza n’Akagari ka Cyenjojo kinyuze hejuru y’umugezi w’Umuvumba, […]
Post comments (0)