U Rwanda na Djibouti byasinyanye amasezerano arimo guhuza ingendo zo mu kirere
U Rwanda na Djibouti byasinyanye amasezerano y'ubufatanye arimo no guhuza ingendo zo mu kirere hagati ya Kigali na Djibouti mu rwego rwo kurushaho gushimangira umubano hagati y'ibihugu byombi. Ni amasezerano yashyiriweho umukono I Kigali kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2023, mu biganiro byahuje itsinda ry'abahagariye u Rwanda na Djibouti byabereye i Kigali. Minisitiri w'Ububanyi n'amahanga w'u Rwanda Dr. Vincent Biruta arikumwe na mugenzi we wa Djibouti, Mahamoud Ali […]
Post comments (0)