Musanze: Basanze umurambo w’umusaza umanitse mu mugozi
Umurambo w’umusaza w’imyaka 65 witwa Ntigura Marc wo mu Kagari ka Rubindi Umurenge wa Gataraga Akarere ka Musanze, bawusanze umanitse mu mugozi mu gitondo cyo ku munsi w’ejo, tariki 21 Gicurasi 2023. Uyu musaza bikekwa ko yiyahuye, afite abana batandatu bose bashatse, akaba yabanaga n’umwuzukuru we kuko uwo bashakanye yitabye Imana mu 1997. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye ubwo umwe mu bahungu be witwa Mushimirwe Innocent, yageraga kwa se mu gitondo […]
Post comments (0)