Nubwo Data aba muri FDLR, ntabwo Leta y’u Rwanda yigeze idutererana – Ubuhamya bwa Mukiza
Umusore witwa Mukiza Willy Maurice, mu kiganiro yahaye abitabiriye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 urubyiruko rwishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, gifite insanganyamatsiko igira iti “Igihango cy’Urungano”, yavuze ko amahitamo ye ari ugufatanya n’abandi Banyarwanda kubaka Igihugu, ntajye mu murongo umwe na se ubarizwa muri FDLR. Iki gikorwa cyahuje urubyiruko rusaga 1000 rwaturutse mu turere twose tw’Igihugu tariki ya 9 Kamena 2023, kibera mu Ntara y’Amajyepfo muri […]
Post comments (0)