Inkuru Nyamukuru

Abasirikare babiri b’u Rwanda basoje amasomo muri USA

todayJune 20, 2023

Background
share close

Abasirikare babiri b’u Rwanda bo ku rwego rw’aba ofisiye bato (officer cadets) aribo CDT Elisha Muhirwa na CDT Divin Ruganzu Mulisa barangije amasomo yabo mu Ishuri rya Gisirikare ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rya The United States Military Academy rizwi ku izina rya West Point.

Mu muhango wo gutanga impamyabumenyi wabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, witabiriwe na Lt Col R Bazatoha ushinzwe ibiyanye n’Ingabo muri Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Lt Col D Mutabazi ushinzwe ubujyanama mu ngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nicki Minaj yahishuye uburyo Lil Wayne yatumye yongeresha ibice by’umubiri we

Umuraperikazi w’umunyamerika Onika Tanya Maraj- Petty uzwi cyane nka Nicki Minaj yashize amanga ahishura ko Lil Wayne ari we mpamvu yatumye ajya kwiyongeresha ibice by’umubiri we birimo n’ikibuno. Nicki Minaj ni umwe mu bagore b’abaraperi bafite ikimero Mu gice cy’Ikiganiro yagiranye na Joe Budden, uyu muraperi kazi yasobanuye ko mugenzi we Lil Wayne yajyaga ahora amuserereza ko atagira ikibuno nk’abandi bakobwa, bituma afata umwanzuro wo kujya guhindura imiterere y’umubiri we. […]

todayJune 20, 2023

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%