Polisi y’u Rwanda irizeza umutekano abazitabira Expo 2023
Polisi y’u Rwanda yijeje umutekano usesuye abitabira imurikagurisha mpuzamahanga rya 2023 ririmo kubera i Gikondo mu karere ka Kicukiro ku nshuro ya 26. Byagarutsweho kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Nyakanga 2023, n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, mu kiganiro n’itangazamakuru ubwo hafungurwaga ku mugaragaro iri murikagurisha. CP Kabera yavuze ko ingamba zo gucungira umutekano abitabira imurikagurisha, n’ibikorwa byabo nk’uko bisanzwe ari ntamakemwa. […]
Post comments (0)