Kuva tariki ya 20 Kanama 2023 mu masaha ya nyuma ya saa sita, nibwo ishyamba rya Pariki ya Nyungwe ryafashwe n’umuriro mu Murenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi.
Abayobozi b'inzego z'ibanze mu Karere ka Kicukiro basabwe kuba intangarugero mu kubahiriza amategeko y’umuhanda no kurushaho kubishishikariza abo bayobora. Ni mu kiganiro Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda, CP John Bosco Kabera yagiranye n'abayobozi b'inzego z'ibanze bo muri ako Karere, ku wa Gatatu tariki 23 Kanama 2023, aho yavuze ko impanuka nyinshi zo mu muhanda ziterwa n'uburangare bw’abatwara ibinyabiziga. Izindi mpamvu yabagaragarije zirimo kubisikana nabi, kudasiga intera ihagije hagati y’ibinyabiziga, kutoroherana […]
Post comments (0)