Gakenke: Ba Gitifu babiri bakurikiranyweho kwambura abaturage
Umwe muri ba Gitifu babiri b’utugari ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), mu gihe undi yarekuwe, umwe akaba akurikiranyweho kunyereza amafaranga ya mituweli, undi agashinjwa kwaka abaturage ruswa, abemerera kubaka mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Abo bayobozi ni abo mu Murenge wa Muyongwe mu Karere ka Gakenke, aho umwe ari Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka Nganzo, undi akaba uw’Akagari ka Va. Mu makuru Kigali Today yahawe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muyongwe, […]
Post comments (0)