Ukekwaho ubujura wari ugiye gushyikirizwa u Burundi yikomerekeje birasubikwa
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwasubitse igikorwa cyo gushyikiriza inzego z’umutekano z’u Burundi uwitwa Bukeyeneza Jolis w’imyaka 30, ukekwaho kunyereza amafaranga menshi y’Amarundi agahungira mu Rwanda. Abayobozi ku ruhande rw’u Rwanda n’urw’u Burundi bemeje ko kohereza Bukeyeneza bizakorwa nakira Mu gitondo cyo ku wa Gatanu, tariki 20 Ukwakira 2023, nibwo hari hateganyijwe igikorwa cyo gushyikiriza inzego z’umutekano z’u Burundi Bukeyeneza, ariko gisubikwa ku munota wa nyuma. Ni nyuma y’uko RIB […]
Post comments (0)