Day: November 9, 2023

7 Results / Page 1 of 1

Background

Inkuru Nyamukuru

Amahoteli y’i Rubavu yagizweho ingaruka n’intambara ibera muri Congo

Abikorera mu Karere ka Rubavu bafite amahoteli n’ibikorwa byakira ba mukerarugendo, batangaza ko umutekano mucye ubarizwa mu Burasirazuba bwa Congo wagize ingaruka ku bikorwa byabo, harimo kugabanuka kw’ababagenderera no kongera ibirarane muri Banki bafitemo inguzanyo. Amahoteli y’i Rubavu yagizweho ingaruka n’intambara ibera muri Congo Mu bihe bitandukanye hagiye hagaragara abasuye Akarere ka Rubavu babuze amacumbi kubera ubwinshi bw’abahagenda, ubu abafite ibikorwa by’ubukerarugendo no kwakira abagana aka Karere, baravuga ko bari […]

todayNovember 9, 2023

Inkuru Nyamukuru

Urubanza rwa Prince Kid: Harakurikiraho iki?

Turi ku munsi wa 28 nyuma y’uko Ishimwe Dieudone uzwi nka Prince Kid akatiwe n’urukiko rukuru igihano cyo gufungwa imyaka 5. Ishimwe Dieudonné uzwi ku izina rya Prince Kid Hari tariki 13 Ukwakira 2023 ubwo umucamanza mu rukiko rukuru, yahamyaga Ishimwe Dieudonné icyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, n’icyaha cyo gusaba cyangwa gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina, maze Prince Kid waburanaga ari hanze ahita akatirwa igihano cyo gufungwa […]

todayNovember 9, 2023

Inkuru Nyamukuru

Rulindo: Abayobozi babiri b’ibigo by’amashuri batawe muri yombi

Abayobozi babiri b’ibigo by’amashuri harimo uyobora Urwunge rw’Amashuri rwa Kiruri(GS Kiruri) n’uyobora Urwunge rw’Amashuri rwa Rukozo(GS Rukozo) byombi biherereye mu Karere ka Rulindo, batawe muri yombi. Ku wa Mbere tariki 6 Ugushyingo 2023, muri GS Kiruri, ikigo cy’amashuri giherereye mu Murenge wa Base, byamenyekanye ko hibwe mudasobwa nyuma yo gusanga urugi rw’icyumba cyigishirizwamo abanyeshuri (smart class) ari na cyo zabagamo rwishwe, izo mudasobwa bazibye. Mu kunanirwa gusobanura uko byagenze kugira […]

todayNovember 9, 2023

Inkuru Nyamukuru

Intambara yongeye kwaduka hagati y’Ingabo za Ethiopia n’Abarwanyi ba FANO

Kuva ku wa Gatatu imirwano yongeye kwaduka hagati y’ingabo za leta ya Ethiopia n'umutwe w’abarwanyi bo mu ntara ya Amhara, ibarizwamo umujyi mutagatifu wa Lalibela. Nyamara nubwo bimeze bityo, leta ya Ethioipia irabihakana, ikavuga ko umutekano ari wose muri uwo mujyi. Umutwe FANO w’abarwanyi utagira uwuyoboye kugeza ubu, ukambitse mu Majyaruguru y’intara ya Ahmara, ukaba umaze igihe utana mu mitwe n’ingabo za leta ya Ethiopia. Mu kwezi kwa munani, uyo […]

todayNovember 9, 2023

Inkuru Nyamukuru

Inyeshyamba zo muri Yemen zahanuye drone y’Amerika

Abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ko inyeshyamba z'aba Houthi zo muri Yemen bivugwa ko zishyigikiwe na Iran, zahanuye indege nto ya gisirikare ya Amerika itarimo umupilote (drone). Umwe mu bayobozi ba Amerika yavuze ko iyo drone yo mu bwoko bwa MQ9 yahanuriwe ku nkombe ya Yemen n'abarwanyi b'aba Houthi. Ibyo kandi byemejwe n'umuvugizi wa gisirikare w'aba Houthi. Bibaye mu gihe Amerika iri maso cyane ku bikorwa by'imitwe […]

todayNovember 9, 2023

Inkuru Nyamukuru

RIB yafunze ‘Yaka Mwana’ umenyerewe muri filime zo gusetsa

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Thiery B. Murangira, yatangaje ko uwitwa Gasore Pacifique uzwi ku izina rya Yaka Mwana afunze, aho akurikiranyweho icyaha cyo gukomeretsa umuntu ku bushake. Yaka Mwana Ni mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X mu ijoro rishyira itariki 09 Ugushyingo 2023, bugira buti “Gasore Pacifique uzwi ku izina rya ‘Yaka Mwana’ arafunze, akurikiranyweho icyaha cyo gukomeretsa umuntu ku bushake. Afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya […]

todayNovember 9, 2023

Inkuru Nyamukuru

Abarenga 30 barirukanywe abandi baregura mu gihe kitarenze umwaka

Umwaka wa 2023, usoje abayobozi basaga 30 birukanwe abandi begura mu nshingano zabo, kubera ibintu binyuranye birimo ubusinzi, ruswa (indonke), kunyereza ibya rubanda, kunanirwa gusigasira Ubumwe bw’Abanyarwanda, kutubahiriza inshingano, kwitwaza ububasha bahabwa mu nyungu zabo bwite n’ibindi nk’uko amatangazo abakuraho yabisobanuye ibindi bigatangazwa n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB. Mu kumenya ibyaranze uyu mwaka mu mikorere y’abayobozi, Kigali Today yabateguriye icyegeranyo ku bayobozi basaga 30 batahiriwe n’uyu mwaka nyuma y’uko bamwe beguye, […]

todayNovember 9, 2023

0%