Abatojwe na RDF binjiye mu ngabo za Santarafurika
Perezida wa Repubulika ya Santarafurika arashimira mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame n’Ingabo z’u Rwanda ku muhate bakomeje kugaragaza mu rugamba rwo kugarura amahoro n’umutekano mu gihugu cye. Abahawe imyitozo na RDF bari mu myiyereko Ibi Perezida Faustin-Archange Touadéra yabitangarije I Bangui tariki 24 Ugushyingo 2023 nyuma yo kuyobora umuhango wo gusoza amasomo ya Gisirikare yahawe abasore n’inkumi bagera kuri 512 binjiye mu ngabo z’igihugu za Santarafurika (FACA). Perezida Touadéra […]
Post comments (0)