Perezida Kagame yagaragaje uko Afurika yakwishakamo ibisubizo byo kubona imiti n’inkingo
Perezida Paul Kagame yavuze ko umugabane wa Afurika utazakomeza gushingira cyane ku gutumiza imiti n’inkingo mu mahanga ahubwo ko bigomba guhinduka hagashakwa ibisubizo by’igihe kirekire hubakwa inganda ndetse no guteza imbere siyansi. Perezida Kagame yabigarutseho ubwo yakiraga ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukuboza 2023, Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), Ursula von der Leyen, bagirana ibiganiro bishimangira ubufatanye ku mpande zombi ndetse bayobora umuhango […]
Post comments (0)