Polisi n’abatwara abagenzi biyemeje kurinda abantu kurara muri gare mu mpera z’umwaka
Polisi y’u Rwanda hamwe n’Ishyirahamwe ry’Ibigo bitwara abagenzi mu Rwanda (ATPR), basezeranye ko muri izi mpera z’umwaka hatakongera kuboneka umubyigano w’abantu benshi, ukunze guteza bamwe kurara muri gare ya Nyabugogo. Biyemeje kurinda abantu kurara muri gare mu mpera z’umwaka Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, avuga ko muri iyi minsi mikuru isoza umwaka ndetse ari n’igihe cyo gutaha kw’abana bava ku mashuri, ku mihanda no muri gare hashyizwe […]
Post comments (0)