Uganda: Abantu 10 baguye mu gitero cya ADF
Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda yatangaje ko abarwanyi bo mu mtwe wa Allied Democratic Force bagabye icyo gitero cyahitanye abantu 10 baturutse muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni igitero cyabaye ku wa Kabiri mu gace ka Kamwenge mu Burasirazuba bwa Uganda ndetse aba barwanyi ngo bakaba bari bamaze igihe bahigwa n'inzego z'umutekano za Uganda. Umuvugizi w'igisirikare avuga ko bageze ku butaka bwa Uganda mu kwezi kw'Ugushyingo. Icyo gitero kibaye gikurikira […]
Post comments (0)