Mu Rwanda hashyizweho agashami gashinzwe gusimbuza imboni y’ijisho irwaye
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yashyizeho agashami gashinzwe gusimbuza imboni y’ijisho (Corner tissue bank), ku bafite uburwayi busaba ko isimbuzwa, kakabarizwa mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC). Mu Rwanda hashyizweho agashami gashinzwe gusimbuza imboni y’ijisho irwaye Mu Rwanda hagaragara indwara z’amaso zifata ibice bitandukanye byayo, harimo n’izifata imboni, aho akenshi iyo yarwaye ikenera gusimbuzwa. Mu barwayi bafite ibibazo by’ubuhumyi mu Rwanda, abagera kuri 4.8% ni abafite ibibazo by’imboni, aho kugira ngo ziboneke […]
Post comments (0)