Polisi y’u Rwanda irashima abaturarwanda bitandukanya n’ibikorwa bya magendu
Polisi y’u Rwanda irashimira abaturarwanda bitandukanya n’abakora ubucuruzi bwa magendu, batanga amakuru atuma buburizwamo, ibakangurira gukomeza ubwo bufatanye kandi iburira abakomeje kwishora muri ibi bikorwa binyuranyije n’amategeko. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, mu butumwa yatanze ku wa Kane tariki 11 Mutarama, yashimiye abaturage bo muri iyi Ntara batanga amakuru atuma abijandika muri ubu bucuruzi bafatwa. Aragira ati: “Ubucuruzi bwa magendu buri mu […]
Post comments (0)