Muhanga: Ni nde uzirengera igihombo cyo gusubiramo imihanda ya kaburimbo?
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline, aratangaza ko kompanyi yari yatsindiye isoko ryo gukora imihanda ya kaburimbo ku bilometero hafi birindwi mu Mujyi wa Muhanga, ari na yo izirengera igihombo cyo kuwusubiramo nk’uko bikubiye mu masezerano y’isoko yagiranye n’Akarere. Umuhanda wakosowe inshuro eshatu ntacyo bitanga Ni imihanda yatangiye kubakwa kuva mu mwaka ushize w’ingengo y’imari 2022-2023, ikaba yaragombaga kuzura itwaye amafaranga miliyari esheshatu, aho byari biteganyijwe ko imirimo yo kuyimurikira […]
Post comments (0)