70% bya serivisi z’ubuvuzi abantu bashakiraga hanze zisigaye zitangirwa mu Rwanda
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) iratangaza ko mu Rwanda hatangiye gutangirwa zimwe muri serivisi z’ubuvuzi abarenga 70% bajyaga gushakira hanze. Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana Ubusanzwe ngo serivisi z’ubuvuzi Abanyarwanda bakunze kujya gushaka hanze ziri mu byiciro bitatu, birimo ibijyanye n’ubuvuzi bw’impyiko, ariko by’umwihariko kuyisimbuza, kubaga umutima ndetse n’ubuvuzi buhambaye bwo kuvura kanseri. Ibyo byiciro uko ari bitatu ngo bigize nka 70% by’ibituma abantu bajya kwivuza mu mahanga, ariko inkuru nziza ni […]
Post comments (0)