Ntawe urusha u Bufaransa kumenya intandaro y’ibibazo biri muri DRC – Umuvugizi wa Guverinoma
U Rwanda rwagaragaje ko u Bufaransa buzi neza kurusha abandi bose, intandaro y’ibibazo bibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), kandi ko ari cyo gihugu cyagakwiye gushinjwa amakosa yateje ibibazo by’ingutu bishingiye ku mutekano muke mu Karere k’ibiyaga bigari. Yolande Makolo, Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Ibi bije bikurikira ibyatangajwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa, yavuze ko icyo gihugu gihangayikishijwe cyane n’ibibera mu burasirazuba bwa Congo, […]
Post comments (0)