Ibibazo duhuriyemo bishobora gukemuka turamutse dukoranye – Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Inama y’Ihuriro ry’Abayobozi Bakuru b’Ibigo byigenga muri Afurika (Africa CEO Forum), yavuze ko inzego za Leta n’abikorera bakeneye gufatanya kuko ibibazo byose byakemurwa bahuje imbaraga. Perezida Kagame yavuze ko ibyo Afurika yaciyemo birimo Covid-19 n’ihindagurika ry’ikirere, bikwiye guha isomo abayituye. Yagize ati: “Ibibazo biturutse ku cyorezo, imihindagurikire y’ikirere, byatwigishije amasomo menshi y’ingenzi. Muri yo harimo kuba hakenewe gukorana bya hafi hagati y’urwego […]
Post comments (0)