Ntabwo nshidikanya ko muzakomeza gukorera Igihugu cyacu nk’uko bikwiye – Perezida Kagame yakira indahiro
Mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Kamena 2024 Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi baherutse guhabwa inshingano zitandukanye muri Guverinoma abasaba gukorera Igihugu nk’uko bikwiye mu nyungu z’abanyarwanda bose ntawe baheje. Abayobozi bagejeje indahiro kuri Perezida Kagame harimo abayobozi bashya binjiye muri Guverinoma barimo Amb. Olivier Nduhungirehe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Yussuf Murangwa Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi na Consolee Uwimana Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango. Harahiye […]
Post comments (0)