Inkuru Nyamukuru

Huye: Barashinja rwiyemezamirimo kwanga kwishyura umuceli wabo yatwaye

todayAugust 20, 2024

Background
share close

Abahinga umuceri mu gishanga cya Migina bibumbiye muri Koperative Ubumwe Tumba barataka kutishyurwa umuceri watwawe na rwiyemezamirimo ufite uruganda ruwutonora, we akavuga ko nta masezerano y’ubugure bagiranye, ahubwo ko awubabikiye.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

RDF yasobanuye gahunda yo kwinjiza mu gisirikare Abasivili bakwitabazwa bibaye ngombwa

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwagiranye ikiganiro n’itangazamakuru kigamije gusobanurira Abanyarwanda n’urubyiruko by’umwihariko, igikorwa cyo kwinjiza mu Ngabo abazwi nk’Inkeragutabara bakwitabazwa mu gihe bibaye ngombwa. Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yavuze ko abantu bafite ubumenyi bwihariye bazajya bakirwa mu Mutwe w’Inkeragutabara hatagendewe ku myaka bafite. Ati: “Nk’abaganga, tukaba tubakeneye n’iyo baba bafite imyaka 40, tukaba twabinjiza mu gisirikare bagakora imyitozo y’igihe gito kugira ngo bamenye umwuga wa […]

todayAugust 16, 2024

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%