KT Radio Real Talk, Great Music
Hari abaturage bavuga ko mu gihe haba habayeho kwishyurwa cyangwa kugurisha ibishingwe nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ibidukikije Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc, ngo batangira kubiraza mu nzu kugira ngo abajura batabyiba.
Gusa abasesengura iby’iyi gahunda basanga ikigoranye gushyirwa mu bikorwa, bitewe n’uko hari ibishingwe byinshi kugeza ubu bidashobora kugira ikindi kintu cy’agaciro byakorwamo.
Written by: KT Radio Team
Copyright © 2025 KT Radio. All Rights Reserved.
Post comments (0)