Inzego z’ibanze zigiye kwinjira mu micungire y’amakoperative
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, avuga ko ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amakoperative (RCA), bagiye gushyiraho ingamba nshya zijyanye n’imicungire y’amakoperative, kugira ngo adakomeza guhombya abanyamuryango, ahubwo ababere inzira y’ubukire, aho inzego z’ibanze zigiye kugira uruhare mu micungire yayo, bitandukanye n’uko byari bisanzwe. Minisitiri Gatabazi avuga ko Leta itazarebera abarya utw’abaturage baba bishyize hamwe bashaka iterambere Ubusanzwe itegeko rigengaga amakoperative ryabuzaga inzego z’ibanze kwivanga mu miyoborere yayo, ahubwo […]
Post comments (0)