Inkuru Nyamukuru

Miliyari 8 zatanzwe muri ruswa mu mwaka wa 2018 – Transparency International

todayDecember 28, 2018 22

Background
share close

Raporo y’urwego rwigihugu rushinzwe kurwanya ruswa (Transparency International Rwanda), iragaragaza ko mu mwaka wa 2018 hatanzwe amafaranga akabakaba miliyari 8 muri ruswa nto, ijyanye na serivise zihabwa abaturage.
Ubwo Urwo rwego rw’igihugu rushinzwe kurwanya ruswa rwagezaga iyo raporo ku nzego zinyuranye zigize intara y’amajyaruguru kuri uyu wa kane tariki 27 Ukwakira 2018, byagaragaye ko Ibigo by’abikorera ( Privite sector), inzego z’ibanze ( Local Government), n’urwego rwa Police ikorera mu muhanda ari byo biri ku isonga mu kwakira ruswa.

Umva Inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Controle Technique izajya ikorwa kugeza saa sita z’ijoro

Polisi y’igihugu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda yatangije uburyo bwo kugenzura ubuziranenge bw’ibinyabiziga (controle technique) kuva saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kureza saa sita z’ijoro.Umuvugizi wa polisi ishami ryo mu muhanda SSP Jean Marie Vianney Ndushabandi avuga ko ubu ari uburyo bwo kwirinda imirongo miremire yabaga aho iyi serivisi itangirwa,ndetse no gukumira abiyitaga aba komisiyoneri bakabeshya ba nyir’amamodoka ko kubona controle technique bidashoboka badatanze amafranga. Umva inkuru irambuye […]

todayDecember 28, 2018 32

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%