Miliyari 8 zatanzwe muri ruswa mu mwaka wa 2018 – Transparency International
Raporo y’urwego rwigihugu rushinzwe kurwanya ruswa (Transparency International Rwanda), iragaragaza ko mu mwaka wa 2018 hatanzwe amafaranga akabakaba miliyari 8 muri ruswa nto, ijyanye na serivise zihabwa abaturage. Ubwo Urwo rwego rw’igihugu rushinzwe kurwanya ruswa rwagezaga iyo raporo ku nzego zinyuranye zigize intara y’amajyaruguru kuri uyu wa kane tariki 27 Ukwakira 2018, byagaragaye ko Ibigo by’abikorera ( Privite sector), inzego z’ibanze ( Local Government), n’urwego rwa Police ikorera mu muhanda […]
Post comments (0)