Kubumba amavaze byabahinduriye ubuzima
Abasigajwe inyuma n’amateka bibumbiye muri Koperative ‘Abakomezamwuga’, bakorera mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo, bavuga ko umwuga wo kubumba amavaze ategurwamo indabo wabahinduriye ubuzima, kuko byabafashije kwiteza imbere. Mukarusanga Zurayika ni umwe mu bakora umwuga wo kubumba amavaze, avuga ko yawutangiye afite imyaka 10 akiba mu Karere ka Rwamagana aho ababyeyi be bari batuye. Mukarusanga avuga ko wari umwuga ababyeyi be bakoraga, na we akura abikora ariko yabishyizemo […]
Post comments (0)