INYANJA TWOGAMO UBWIZA N’AMAFARANGA MURI MISS RWANDA
Muri kino kiganiro Gentil Gedeon aragaruka ku irushanwa rya Miss Rwanda rituma benshi bavuga. Hari abarinenga, hari abarishima, buri wese afite icyo aritekerezaho. Abana benshi b'abakobwa bafite inzozi zo kuba Miss Rwanda. Ariko umwe gusa niwe uvamo agatsinda. Ese izo nzozi zishingiye kuki? Gedeon arakubwira byinshi kuri iri rushanwa, ritwara akayabo, rugatuma urigiyemo, iyo yitwaye neza, ashobora kuvamo umuherwe. Ni mu kiganiro Inyanja Twogamo. Ushobora kandi gusoma inkuru irambuye yanditswe […]
Post comments (0)