Inkuru Nyamukuru

Kaminuza ya Gitwe irashinja Muvunyi gushaka kuyifunga burundu

todayJanuary 24, 2019 19

Background
share close

Itsinda ry’abantu 16 barimo abayobozi muri kaminuza ya Gitwe, kuri uyu wa gatatu 23 Mutarama 2019 ryakiriwe mu nteko ishingamategeko, muri komisiyo y’uburezi ngo basobanure birambuye ibyo bita akarengane bavuga ko bakorerwa n’inama nkuru y’uburezi (HEC).Aba bayobozi bavuga ko aka karengane gashingiye ku kuba inama nkuru y’uburezi iyobowe na Dr. Emmanuel Muvunyi yarabangiye kwakira abanyeshuri bashya mu ishami ry’ubuganga no kubaga,nyamara kandi ibyo bari basabwe kunoza byose barabikoze.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

CHENO irakangurira abanyarwanda kugera ikirenge mu cya ba Rwigema na Rudahigwa

Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), ku wa gatanu ruzatangira ubukangurambaga bugamije gushakisha abiyemeza kuba intwari bagendeye ku zababanjirije. Mu rwego rwo kwitegura Umunsi mukuru ngarukamwaka w’Intwari z’Igihugu kuya mbere Gashyantare 2019, CHENO yateganije kubanza guhura n’inzego zinyuranye mu nama, ibiganiro, imikino ndetse n’imyidagaduro, byose bigamije gusaba buri muturage kubyaza umusaruro ubutwari yiyumvamo.

todayJanuary 24, 2019 20

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%