Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi w’Umujyi wa New York
Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu tariki 16 Nzeri 2022, yahuye ndetse anaganira n’Umuyobozi w’Umujyi wa New York, Eric Adams. Perezida Kagame na Adams, bagiranye ibiganiro ku mahirwe y’ubufatanye kimwe n’iterambere ry’ubukungu bw’u Rwanda, hamwe na gahunda zigamije kwishakamo ibisubizo mu kwihangira udushya harimo Umuganda n’umunsi wahariwe siporo rusange, Car Free Day. Perezida Kagame ari muri Leta Zunze […]
Post comments (0)