Inkuru Nyamukuru

Kigali: Hari abishyuzwa parikingi kandi imodoka zabo zitigize ziva aho ziri

todayJanuary 30, 2019 43

Background
share close

Abatunze ibinyabiziga mu mujyi wa Kigali n’ahandi baratangaza ko babangamirwa no kuba ikigo Millennium Savings&Investment Cooperative (MISIC), cyahoze kitwa Kigali Veterans Cooperatives Society (KVCS) kibandikira ubutumwa bubamenyesha ko ibinyabiziga byabo byavuye muri parikingi bitishyuye amahoro ya parikingi, nyamara bitigeze biva aho biri.
Bavuga ko uretse no kuba iyi ari imikorere mibi, ngo binatuma umuntu ashobora gucibwa amande yo kudatanga amahoro, nyamara arengana.
Ikigo MISIC kivuga ko ayo makosa yajyaga akorwa kubera abakozi bacyo bibeshyaga, ariko ubu ngo mu mikorere mishya ntibizongera kubaho.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Ubyumva Ute?

Ubyumva Ute – Gushakira umuti ibibazo by’abamotari

Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza aragaruka ku gutwara abantu hifashishijwe moto. Abamotari bakunze kugaragaza ko babangamirwa cyane mu gukora akazi kabo ka buri munsi. Ese bisaba iki kugira ngo umumotari yemererwe gukora? Ese bemerewe guhagarara he? Ese niba bande babashinzwe? Ibyo n'ibindi byinshi ni muri kino kiganiro hamwe na Emmanuel Asaba (RURA), Jean D'Amour Rwunguko (City of Kigali), Ngarambe Daniel (Umuyobozi w'abamotari ku rwego rw'igihugu).

todayJanuary 30, 2019 40

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%