Kigali: Hari abishyuzwa parikingi kandi imodoka zabo zitigize ziva aho ziri
Abatunze ibinyabiziga mu mujyi wa Kigali n’ahandi baratangaza ko babangamirwa no kuba ikigo Millennium Savings&Investment Cooperative (MISIC), cyahoze kitwa Kigali Veterans Cooperatives Society (KVCS) kibandikira ubutumwa bubamenyesha ko ibinyabiziga byabo byavuye muri parikingi bitishyuye amahoro ya parikingi, nyamara bitigeze biva aho biri. Bavuga ko uretse no kuba iyi ari imikorere mibi, ngo binatuma umuntu ashobora gucibwa amande yo kudatanga amahoro, nyamara arengana. Ikigo MISIC kivuga ko ayo makosa yajyaga akorwa […]
Post comments (0)