Dore ibiribwa 10 wafata igihe wiyemeje kureka inzoga
Kwiyemeza kureka kunywa inzoga zisembuye ni kimwe mu bintu bikomerera abantu benshi, cyane cyane iyo umuntu yahindutse imbata y’ibisindisha. Abahanga mu birebana n’akamaro k’amafunguro mu mubiri, bavuga ko hari ibiribwa bitandukanye bishobora gufasha umuntu urimo kugerageza kureka inzoga zisembuye ari mu rugo, umubiri we ukongera ugasubira ku murongo. N’ubwo igisubizo rusange kuri iki kibazo ari ukugerageza ukabona indyo yuzuye mu buryo bushoboka, ukirinda umunyu, isukari n’ibyo kurya bifite ibinure byinshi, […]
Post comments (0)