Perezida Kagame yagejejweho ubutumwa bwa Colonel Mamadi Doumbouya.
Perezida Paul Kagame, ku wa gatatu tariki 26 Ukwakira, yakiriye mu biro bye, Minisitiri w’Ikoranabuhanga muri Guinea, Ousmane Gaoual Diallo akaba n’intumwa idasanzwe ya Perezida w’inzibacyuho, Colonel Mamadi Doumbouya. Amakuru dukesha ibiro by'umukuru w'igihugu, Village Urugwiro avuga ko Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Ousmane Gaoual Diallo wari umuzaniye ubutumwa bwa Perezida Doumbouya, gusa ntihatangajwe ibyari bikubiyemo. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta nawe yari yitabiriye ibiganiro Perezida Kagame yagiranye […]
Post comments (0)