Perezida Kagame yakiriye intumwa ya mugenzi we Lourenço wa Angola
Perezida Paul Kagame ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 31 Ukwakira 2022, yakiriye muri Village Urugwiro, António Tete, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola uri mu ruzinduko mu Rwanda. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu dukesha iyi nkuru, bivuga ko Minisitiri Tete yazaniye Perezida Kagame ubutumwa bwa mugenzi we wa Angola, Bwana João Lourenço, muri iki gihe uyoboye Inama mpuzamahanga ku karere k’ibiyaga bigari (ICGLR). Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Tete, nyuma y’aho […]
Post comments (0)