Mu Rwanda imisambi irimo kwiyongera mu gihe ahandi icika
N’ubwo hari inyigo zigaragaza ko ibisiga by’imisambi bikundwa na ba mukerarugendo bikomeje kugabanuka cyane ku Isi, Minisiteri y’Ibidukikije mu Rwanda yo yagaragaje ko imisambi irimo kwiyongera cyane kuva mu myaka itandatu ishize. Uko imisambi yagiye yiyongera mu Rwanda kuva mu myaka itandatu ishize Minisiteri y’Ibidukikije yashyize kuri Twitter imbonerahamwe igaragaza ko imisambi mu Rwanda yageraga kuri 487 muri 2017, iragabanuka gato muri 2018 kugera kuri 459, umwaka wa 2019 iriyongera […]
Post comments (0)